Kuva Bobi Wine yafungwa umujyi wa Kampala urimo kuberamo imyigaragambyo ikomeye ,Polisi byayiyobeye mu gihe Bobi Wine yatorewe kuyobora abafungwa
— May 1, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru yo mu gihugu cya Uganda aravuga ko mu Mujyi wa Kampala imyigaragambyo ikomeje aho Polisi irimo kurwana n’abacuruzi bigaragambya bavuga ko Bobi Wine arekurwa kuko arengana.
N’ubwo abacuruzi bacuruza ahitwa kwa Kiseka Market bigaragambya bashaka ko Depite akaba n’umuhanzi Bobi Wine ukunzwe cyane muri Uganda afungurwa we nyiri ubwite Bobi Wine yageze muri gereza nkuru ya Luzira bagiye gutora umuyobozi w’abafungwa maze gereza yose batangira kubyina People Power ku buryo ari we bahise batora kubayobora.
Leta ya Museveni bikaba byayiyobeye kuko hanze abantu barimo kwigaragambya ndetse uko bamufunga niko abantu barushaho kurakara no kwanga ubutegetsi bwa Perezida Museveni.
Kumufunga nabwo aragera muri gereza naho induru zikavuga bamushyigikiye bigaragaza ko abaturage bamukunda kandi bashobora kuzamutora agatsinda n’ubwo bitoroshye mu matora ateganyijwe muri 2021.


Polisi ya Uganda rwana n’abantu bigaragambije kubera Bobi Wine afunzwe





Bobi Wine ari mu rukiko mbere yo koherezwa muri gereza
Kuri uyu munsi hagaragaye amashusho n’amafoto Polisi ya Uganda irasa imyuka iryana mu maso mu isoko rya Kiseka ndetse abaturage batwika amapine ku mihanda bigaragambya bavuga ko Bobi Wine arekurwa kubera ko nta cyaha yakoze.
Bobi Wine ashinjwa gukora inama atabisabiye uburenganzira inama yo kurwanya itegeko rishyiraho umusoro kuri mobile money akazagaruka mu rukiko umunsi w’ejo kuwa kane saa yine za mugitondo.
Muhungu John-Kampala
4,698 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply