Bobi Wine ku rutonde rw’abahanzi indirimbo zabo zitazacurangwa mu ndege Uganda yaguze
— April 25, 2019
Please enter banners and links.

Leta ya Uganda yishimiye kugura indege 6 ariko 2 murizo nizo zimaze kugera muri Uganda ariko bakaba bakoze urutonde rw’abahanzi indirimbo zabo zitacurangwamo muri izo ndege.
Depite Bobi Wine aza ku rutonde rw’ahanzi indirimbo zabo zitazacurangwa muri izo ndege ari kumwe n’abandi bahanzi batavuga rumwe na Leta.

Juliana Kanyomozi


Amakuru avugwa muri Uganda ni uko umuhanzi akaba n’umudepite Bobi Wine indirimbo ze zikunzwe cyane ariko abazagendera muri izo ndege nshya Uganda yaguze batazatekereza kumva cyangwa kureba indirimbo z’uwo muhanzi kimwe n’uwitwa Ronald Mayinja n’abandi batandukanye kubera ko barwanya ubutegetsi babinyujije mu bihangano byabo.
Mu bahanzi indirimbo zabo zizacurangwa muri izo ndege harimo Bebe Cool ,Juliana Kanyomozi ,Spice Diana ,Eddy Kenzo ,Rema Namakula n’abandi batandukanye.
Bobi Wine akaba afite indirimbo zikunzwe cyane nka Kyarenga ,Tuliyambara Engele ,n’izindi zitandukanye .
4,718 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply