Umuyobozi wa SFH Rwanda abaterankunga bamuteze umutego wo gutsindwa n’abakozi yirukanye bamureze mu nkiko
— January 26, 2016
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru Umusingi kuwa 24 Ukuboza 2015 bamwe mu bakoze bakoreraga umushinga SFH Rwanda batashatse ko amazina ya atangazwa kubera impamvu z’umutekano wabo bagitangarije ko nyuma yo gusanga barahohotewe mu buryo birukanywe bahisemo kwerekeza ubutabera kugirango barenganurwe.
Biravugwa ko hahagaritswe abakozi 33 bahagaritswe n’umuyobozi wa SFH Rwanda Wandera Manase ndetse ari nawe barega.
Umwe muri abo bakozi yagize ati “ubu ikirego kiri mu rukiko rwa Gasabo twagombaga gusomerwa kuwa 6 Mutarama 2016 ariko ubu baradusubikiye badushyira kuwa 8 Gashyantare 2016 kandi twizeye ko ubutabera buzaturenganura akatwishyura”.
Undi nawe yabwiye Ikinyamakuru Umusingi ko uwo muyobozi yitwaza bamwe mu bayobozi bakomeye cyane muri Leta agashaka kubahohotera ariko nabo ntibatinye kuko bazi ko bari mukuri kandi burigihe ukuri kuratsinda.
Ikinyamakuru Umusingi cyabajije umuyobozi wa SFH Rwanda Wandera Manase ibijyanye n’icyo kibazo ku rubuga rwa Whatsapp ndetse ko iyo nkuru izasohoka maze agira ati “God bless u”.
Ugenekereje mu Kinyarwanda bivuze ngo Imana igihe umugisha .
Iki kibazo kimaze igihe kirekire cyarananiranye kandi urebye ikikinaniza gukemuka ni uko hari abashaka guhangana gusa bakumva ko bafite ababashyigikiye ntawabavugaho.
Umwe muri abo bakoze we yabwiye Ikinyamakuru Umusingi ko n’abaterankunga bategereje ko abamureze batsinda akabishyura ku mafaranga y’abaterankunga nabo bakamurega kuko yaba akoresheje amafaranga icyo atagenewe dore ko hari n’avugwa yakoreshejwe nabi.
Umusingi1@gmail.com
3,606 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply