Breaking News:Humvikanye urufaya rw’amasasu mu gitero cy’ibyihebe mu mujyi wa Nairobi kuri Dusit Hotel
— January 15, 2019
Please enter banners and links.

Muri aka kanya twandika inkuru umujyi wa Nairobi ntago utuje abantu bariruka buri umwe akiza amagara ye kubera urufaya rw’amasusu rwumvikanye abantu barasana ndetse n’imodoka zigatwikwa.
Polisi yahise iza n’izindi nzego z’umutekano zitandukanye zisohora abanyeshuri bose baba muri hostel mu rwego rwo kubashakira umutekano no gukora iperereza.
Ntiharamenyekana impamvu y’igitero ndetse ntiharamenyekana umubare wabamaze kwicwa ariko turakomeza kubagezaho amakuru uko tugenda tumenya amakuru turayabagezaho.
Kenya n’igihugu gikunze kwibasirwa n’ibyihebe byo muri Alishabab ariko kugeza ubu Leta ntiragira icyo itangaza gusa haravugwa ko abagabye igitero Dusit D2, 14 Riverside, Westlands, Nairobi ari Alshababu abandi bakavuga ko ari abajura basanzwe bityo tukaba turibubagezeho ibyo Leta iributangaze.




4,093 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply