Breaking News:Humvikanye urufaya rw’amasasu mu gitero cy’ibyihebe mu mujyi wa Nairobi kuri Dusit Hotel
— January 15, 2019
Please enter banners and links.

Muri aka kanya twandika inkuru umujyi wa Nairobi ntago utuje abantu bariruka buri umwe akiza amagara ye kubera urufaya rw’amasusu rwumvikanye abantu barasana ndetse n’imodoka zigatwikwa.
Polisi yahise iza n’izindi nzego z’umutekano zitandukanye zisohora abanyeshuri bose baba muri hostel mu rwego rwo kubashakira umutekano no gukora iperereza.
Ntiharamenyekana impamvu y’igitero ndetse ntiharamenyekana umubare wabamaze kwicwa ariko turakomeza kubagezaho amakuru uko tugenda tumenya amakuru turayabagezaho.
Kenya n’igihugu gikunze kwibasirwa n’ibyihebe byo muri Alishabab ariko kugeza ubu Leta ntiragira icyo itangaza gusa haravugwa ko abagabye igitero Dusit D2, 14 Riverside, Westlands, Nairobi ari Alshababu abandi bakavuga ko ari abajura basanzwe bityo tukaba turibubagezeho ibyo Leta iributangaze.




4,039 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply