Chamilion yateguye igitaramo yise izina ry’imbunda yitwa Saba Saba iteye ubwoba
— December 6, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Jose Chamilion n’umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda wakunzwe cyane haba no mu Rwanda muri Kenya ,Tanzania ,Burundi n’Iburayi ndetse n’umwe mu bahanzi batangiye umuziki muri icyo gihugu akaba yateguye igitaramo yise Legend Saba Saba .
N’izina ry’imbunda yitwa Saba Saba abantu bibuka igihe cy’Intambara ya Perezida Museveni afata ubutegetsi ngo hari imbunda barasishaga yitwaga Saba Saba ariyo Chamilion akoresha.

Ku ifoto ye iranga igitaramo hariho n’ifoto y’imbunda nini bigaragara ko igitaramo cye kigaragaza ko nawe akomeye nk’iyo mbunda ya Saba Saba.
Abahanazi bo muri Uganda bakora udushya kandi nitwo dukurura abantu kuko izina ryonyine ni ryiza rifite icyo rivuga ku buzima bwe kandi rirakurura abafana cyane ku buryo igitaramo kigomba kwitabirwa cyane.
3,419 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply