Gutekinika byageze muri Zimbabwe umusirikare Gen. Chiwenga wakuyeho Mugabe akagarura Mnangagwa niwe ugiye kuba Visi Perezida
— December 5, 2017
Please enter banners and links.

Muri Zimbabwe haravugwa itekinika rikomeye ndetse abantu bakaba batangiye kunenga Perezida mushya Emmerson Mnangagwa wa simbuye Robert Mugabe uburyo yashyizeho Leta nshya ntashyiremo abo mu yandi mashyaka nkuko ahandi bigenda.
Ikindi bamunenze cyane n’uburyo umusirikare ukomeye witwa Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga ariwe Perezida agiye guha umwanya wa Visi Perezida.
Ikigaragara ni uko Perezida Emmerson Mnangagwa yari afitanye umugambi na Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga wo gukuraho Robert Mugabe ubundi nabo bakiha imyanya myiza mu butegetsi.

Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga
Ikindi bamunenze cyane n’uburyo umusirikare ukomeye witwa Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga ariwe Perezida agiye guha umwanya wa Visi Perezida.

Barimo kumvisha Mugabe kuva kubutegetsi


Ikigaragara ni uko Perezida Emmerson Mnangagwa yari afitanye umugambi na Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga wo gukuraho Robert Mugabe ubundi nabo bakiha imyanya myiza mu butegetsi.
Perezida Emmerson Mnangagwa hari imyanya 2 yasize ubwo yashyiragaho Leta nshya igizwe n’abantu 22 bikaba bivugwa ko iyo myanya 2 yasize ari Visi Perezida wa mbere n’uwa 2 kandi Visi Perezida w’Ishyaka niwe uba Visi Perezida w’igihugu akaba azabashyiraho kumugaragaro Kuwa 12 Ukuboza 2017 kugeza 17 Ukuboza 2017.
Ni ukuvuga ko kuri 12 Ukuboza 2017 Perezida Emmerson Mnangagwa azabanza gushyiraho Visi Perezida w’Ishyaka rya ZANUPF hanyuma kuri 17 ashyireho Visi Perezida ku rwego rw’Igihugu ariwe Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga bafatanije umugambi wo gukuraho Perezida Robert Mugabe.
Amakuru aturuka muri Zimbabwe aravuga ko uyu Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga arimo kwitegura kuva mu gisirikare kugirango abone uko akora politike neza.
Muhungu John
Perezida Emmerson Mnangagwa hari imyanya 2 yasize ubwo yashyiragaho Leta nshya igizwe n’abantu 22 bikaba bivugwa ko iyo myanya 2 yasize ari Visi Perezida wa mbere n’uwa 2 kandi Visi Perezida w’Ishyaka niwe uba Visi Perezida w’igihugu akaba azabashyiraho kumugaragaro Kuwa 12 Ukuboza 2017 kugeza 17 Ukuboza 2017.
Ni ukuvuga ko kuri 12 Ukuboza 2017 Perezida Emmerson Mnangagwa azabanza gushyiraho Visi Perezida w’Ishyaka rya ZANUPF hanyuma kuri 17 ashyireho Visi Perezida ku rwego rw’Igihugu ariwe Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga bafatanije umugambi wo gukuraho Perezida Robert Mugabe.
Amakuru aturuka muri Zimbabwe aravuga ko uyu Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga arimo kwitegura kuva mu gisirikare kugirango abone uko akora politike neza.
Muhungu John
2,973 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply