Gutekinika byageze muri Zimbabwe umusirikare Gen. Chiwenga wakuyeho Mugabe akagarura Mnangagwa niwe ugiye kuba Visi Perezida
— December 5, 2017
Please enter banners and links.

Muri Zimbabwe haravugwa itekinika rikomeye ndetse abantu bakaba batangiye kunenga Perezida mushya Emmerson Mnangagwa wa simbuye Robert Mugabe uburyo yashyizeho Leta nshya ntashyiremo abo mu yandi mashyaka nkuko ahandi bigenda.
Ikindi bamunenze cyane n’uburyo umusirikare ukomeye witwa Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga ariwe Perezida agiye guha umwanya wa Visi Perezida.
Ikigaragara ni uko Perezida Emmerson Mnangagwa yari afitanye umugambi na Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga wo gukuraho Robert Mugabe ubundi nabo bakiha imyanya myiza mu butegetsi.

Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga
Ikindi bamunenze cyane n’uburyo umusirikare ukomeye witwa Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga ariwe Perezida agiye guha umwanya wa Visi Perezida.

Barimo kumvisha Mugabe kuva kubutegetsi


Ikigaragara ni uko Perezida Emmerson Mnangagwa yari afitanye umugambi na Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga wo gukuraho Robert Mugabe ubundi nabo bakiha imyanya myiza mu butegetsi.
Perezida Emmerson Mnangagwa hari imyanya 2 yasize ubwo yashyiragaho Leta nshya igizwe n’abantu 22 bikaba bivugwa ko iyo myanya 2 yasize ari Visi Perezida wa mbere n’uwa 2 kandi Visi Perezida w’Ishyaka niwe uba Visi Perezida w’igihugu akaba azabashyiraho kumugaragaro Kuwa 12 Ukuboza 2017 kugeza 17 Ukuboza 2017.
Ni ukuvuga ko kuri 12 Ukuboza 2017 Perezida Emmerson Mnangagwa azabanza gushyiraho Visi Perezida w’Ishyaka rya ZANUPF hanyuma kuri 17 ashyireho Visi Perezida ku rwego rw’Igihugu ariwe Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga bafatanije umugambi wo gukuraho Perezida Robert Mugabe.
Amakuru aturuka muri Zimbabwe aravuga ko uyu Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga arimo kwitegura kuva mu gisirikare kugirango abone uko akora politike neza.
Muhungu John
Perezida Emmerson Mnangagwa hari imyanya 2 yasize ubwo yashyiragaho Leta nshya igizwe n’abantu 22 bikaba bivugwa ko iyo myanya 2 yasize ari Visi Perezida wa mbere n’uwa 2 kandi Visi Perezida w’Ishyaka niwe uba Visi Perezida w’igihugu akaba azabashyiraho kumugaragaro Kuwa 12 Ukuboza 2017 kugeza 17 Ukuboza 2017.
Ni ukuvuga ko kuri 12 Ukuboza 2017 Perezida Emmerson Mnangagwa azabanza gushyiraho Visi Perezida w’Ishyaka rya ZANUPF hanyuma kuri 17 ashyireho Visi Perezida ku rwego rw’Igihugu ariwe Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga bafatanije umugambi wo gukuraho Perezida Robert Mugabe.
Amakuru aturuka muri Zimbabwe aravuga ko uyu Gen. Constantino Guveya Dominic Nyikadzino Chiwenga arimo kwitegura kuva mu gisirikare kugirango abone uko akora politike neza.
Muhungu John
2,849 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply