Perezida Magufuri kuki bwa mbere yambaye imyenda ya gisirikare ?
— November 25, 2017
Please enter banners and links.

Abantu bamenyereye kumubona mu myenda ya gisivire ariko kuri ubu haribazwa impamvu Perezida wa Tanzania Magufuri yagaragaye yambaye imyenda ya gisirikare kandi atariwe?.
Bamwe batangiye kuvuga ko ari umwambaro uhabwa agaciro gakomeye bityo na Perezida wese ashobora kuwambara bitewe naho awambariye.
Bamwe bakomeje bavuga ko aramutse agiye gusura ibikorwa bya gisirikare cyangwa abasirikare ashobora kuwambara ariko bitavuze ko aba abaye umusirikare ako kanya kuko hari imyitozo ya gisirikare agomba gukora akayitsinda kugirango yemerwe ko abaye umusirikare.
Hari abandi nabob amaze kubona yambaye ibya gisirikare batangiye gukeka ko ari amarenga y’intambara irimo kuvugwa mu bitangazamakuru ariko idafite ishingiro ari inyungu z’abantu ku giti cyabo bayivuga ndetse bakabishyira no binyamakuru nkuko byagaragaye muri Uganda.
Impamvu igaragaza ko atari umusirikare byonyine nta peti na rimwe ya mbeye kandi urebye n’uburyo yambaye ubona ko uwo mwambaro atawumenyereye.
2,933 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply