Perezida Magufuri kuki bwa mbere yambaye imyenda ya gisirikare ?
— November 25, 2017
Please enter banners and links.

Abantu bamenyereye kumubona mu myenda ya gisivire ariko kuri ubu haribazwa impamvu Perezida wa Tanzania Magufuri yagaragaye yambaye imyenda ya gisirikare kandi atariwe?.
Bamwe batangiye kuvuga ko ari umwambaro uhabwa agaciro gakomeye bityo na Perezida wese ashobora kuwambara bitewe naho awambariye.
Bamwe bakomeje bavuga ko aramutse agiye gusura ibikorwa bya gisirikare cyangwa abasirikare ashobora kuwambara ariko bitavuze ko aba abaye umusirikare ako kanya kuko hari imyitozo ya gisirikare agomba gukora akayitsinda kugirango yemerwe ko abaye umusirikare.
Hari abandi nabob amaze kubona yambaye ibya gisirikare batangiye gukeka ko ari amarenga y’intambara irimo kuvugwa mu bitangazamakuru ariko idafite ishingiro ari inyungu z’abantu ku giti cyabo bayivuga ndetse bakabishyira no binyamakuru nkuko byagaragaye muri Uganda.
Impamvu igaragaza ko atari umusirikare byonyine nta peti na rimwe ya mbeye kandi urebye n’uburyo yambaye ubona ko uwo mwambaro atawumenyereye.
2,871 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply