Ibyatumye Mugabe yemera kuva ku butegetsi mu mahoro ,azakomeza ahembwe nka Perezida n’imodoka zose yagendagamo azazigumana n’ibindi byinshi
— November 24, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Zimbabwe ni uko hamenyekanye impamvu Perezida Robert Mugabe yemeye kuva ku butegetsi mu mahoro ,impamvu yemeye ni uko yabagejejeho icyifuzo cye ko nia bashaka ko ava ku butegetsi azakomeza agahemwa nka Perezida ndetse akavuzwa uko yajyaga avuzwa no kumurekereza imodoka ze yagendagamo ari Perezida.
Abasirikare barabyemeye arabisinyira bityo ava ku butegetsi ubu akaba ari umuturage ariko ufite icyubahiro muri Zimbabwe nk’umuntu wayoboye icyo gihugu imyaka myinshi 37.
Perezida Mugabe yahembwaga Amadorari ya Amerika ibihumbi cumi n’umunani na Magana atandatu (18.600USD)buri kwezi.
Ibi byemejwe Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa ahari ndetse n’abasirikare bagize uruhare kugirango yegure ku butegetsi yari yanze ariko bamwemerera ibyo yabasabye byose kugeza umunsi wa nyuma azava ku isi.
Perezida Mugabe mbere yahembwaga Amadorari ibihumbi cumi na bibiri by’Amadorari ya Amerika ariko muri 2015 aratakamba ko amafaranga ahembwa ari make cyane bityo bamuzamurira umushahara we.
Ikindi bamwemereye ko bazamuha uburinzi uko abyifuza mu gihugu no hanze yacyo kugeza apfuye ariko bamubwira ko nawe yemera ko atazongera kujya mu bya politike.
Mugabe yabanje gushaka kujya kuba muri Africa y’Epfo aho afite amazu menshi n’ubundi bukire ariko agezaho yemeza ko azaguma mu rugo rwe Blue roof ruruta Perezdansi yo muri Zimbabwe ndetse ruyirusha n’ubwiza.
Urugo rwa Mugabe ni runini cyane harimo ikibuga cy’indege ,Pisine ,n’ibyumba 25 kandi byose byiza bigezweho .
Rwego Tony
2,399 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply