Umuhanzi Chandiru ashobora kwitaba Imana
— April 8, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda ufite ijwi ryiza waririmbanye n’abahanzi batandukanye bakomeye barimo Chamilion ,Urban Boys hano mu Rwanda Jackie Chandiru ashobora kwitaba Imana.
Ni kuri uyu wa 8 Mata 2016 inkuru yuyu muhanzi noneho yabaye kimomo hirya no hino bavuga ko uyu muhanzi ashobora kwitaba Imana.
Uyu muhanzi ntiharamenyekana indwara imubuza amahoro ndetse ishaka kumukura kuri iyi si ya rurema abantu bakunda cyane kuko amaze iminsi ari mu bitaro bikuru byaUganda byitwa Mulago.

Biravugwa ko hari umuntu wiyita umuganga gakondo wamuhaye imiti avuga ko agiye kumuvura ahubwo basanga iyo miti yamuhaga ishobora kuba harimo ibiyobyabwenge nk’urumogi ku buryo byarushijeho kumumerera nabi.
Uyu muhanzi wakunzwe cyane ndetse na hano mu Rwanda mu ndirimbo take it off akaba yaratobotse umubiri wose ku buryo yahindutse uruhurwe ndetse rufite ibisebe.
Ibyo mu gihe bikiri aho nyiri nzu yo yakodeshaga yafashe ibintu bye abijugunya hanze kuko yari amaze igihe yihangana atishyurwa amafaranga ye ageze aho afata icyemezo cyo kubijugunya hanaze inzu ye akayiha abandi bayikodesha mu gihe Chandiru yari amerewe nabi arembye mu bitaro.
Abahanzi nka Urban Boys bari bakwiye kujya kumusura kuko bakoranye indirimbo irakundwa.
Ibinyamakuru byo muri Uganda bimaze gutangaza ko uyu muhanzi ari mu buzima bubi cyane akeneye ubufasha .reba amwe mu mafoto ya Chandiru uko asa .

Inzu Chandiru yakodeshaga

Uko yasaga mbere na nyuma
Noella
2,899 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply