Nyumaya Aline Gahongayire umuhanzikazi Marina nawe yatangiye imyitozo yoguterura ibyuma ari kumwe n’uwo bari mu rukundo.
— November 13, 2017
Please enter banners and links.

Nyuma y’igihe gito umuhanzikazi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ariwe Aline Gahongayire yagaragaye ari mu myitozo ngororamubiri aterura ibyuma bireremereye aho abenshi bakomeje kwibaza impamvu ubu umuhanzikazi Marina nawe yateye intambwe ajya muri Gym .
Uyu muhanzikazi bivugwa ko yaba ashaka kunga mu rya Knowless na Clement aho akenshi aba ari kumwe n’umujyanama we muri muzika aho baba bari hose ,uyu mujyanama we witwa Rama Bad akundakubaarikumwenaMarna.
Knowless na Clement bashinze urugo ,Clement ari umujyanama we,kandi na Bad Rama ni umujyanama wa Marina,Bad Rama Yabaye umujyanama wa Marina nyuma yaho umuhanzi Auncle Augustin yari amaze gutandukana na Marina atakiri umujyana we.
Uyu muhanzikazi ukunzwe kuri ubu mu Rwanda ,akomeje kwigaragaza cyane mu bihangano n’ijwi ryiza cyane,aha twavuga nk’indirimbo ye yakunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda yise“Birakureba”.



Abantu bakomeje kwibaza impamvu bamwe mu bahanzikazi bari muri iyi myitozo,ikeneye ingufu nyinshi mu kuyikora aho wasangaga akenshi abakobwa batayikora,aho uterura ibyuma usanga akaboko karabyimbye cyane none abahanzikazi nibyo barikwifuza muri iyi minsi.

Aline Gahongayire watangije gukora imyitozo ngoraramubiri mu bahanzi
David Mayira/umusingi.net
3,329 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply