Rubavu :Imitungo iragarishwa rwihishwa amafaranga agashyirwa banyirayo muri FDRL barakoze Jonoside
— October 6, 2017
Please enter banners and links.

Mu Mudugudu wa Mukumya ,Akagari ka Basa ,Umurenge wa Rugerero Akarere ka Rubavu haravugwa amakuru y’umurima w’umuturage witwa Ngendahimana Caliste Aliyasi Simibirizi wakoze Jenoside agakatirwa nyuma agatoroka TIGE akajya muri FDRL .
Umwe mu baturage utashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko umurima wa Ngendahimana wagurishijwe Miliyoni imwe n’igice (1.500.000Rfw)amafaranga bayamushyira muri DR Congo aho aba muri FDRL.
Amakuru avuga ko abayamushyiriye harimo uwitwa Shushu utuye Rukingo mu Murenge wa Rugerero ,undi ni Ngwahafi Misago Gaspard utuye Ruvumbu muri Murambi.
Ikinyamakuru Umusingi kimaze kumenya ayo makuru cyabajije Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Basa witwa Tuyizere Marcel maze avuga ko ayo makuru yayamenye aho yasanze umutungo we uri muri Murambi ku Gisenyi afite akazu muri Basa gusa indi mitungo iri mu Kagari ka Murambi ati “ubwo muri Murambi nibo bakwiye gukumira hakiri kare kuko n’abana be niyo barimo kujya kugirango bafate kuri ayo mafaranga n’iyo mitungo”.
Tubajije Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero niba icyo kibazo akizi ku munsi w’Ejo Kuwa 5 Ukwakira 2017 Uwajeneza Janet we yagize ati “ayo makuru ntayo nzi ahubwo ngiye gukurikirana menye niba aribyo koko”.
Undi muturage wadusabye kutavuga amazina ye nawe uyu munsi yatwemereye ko isambu ya Ngendahimana yagurishijwe amafaranga barayamushyira ,tumubajije niba ubuyobozi bubizi ati “ubwose urumva hari isambu yagurishwa ubuyobozi bw’umudugudu butabizi cyangwa ku Kagari batabizi ?.
Iyi n’inkuru ya 2 tumaze kwandika ivuga uburyo abantu bakoze Jenoside mu Rwanda bagahunga igihugu imitungo yabo igurishwa bagahabwa amafaranga iyo bahungiye.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero
Iyo duheruka kwandika n’iyo bamwe mu baturage bashinjaga Umunyabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero Uwajeneza Janet wahawe amafaranga y’imitungo yari iyaba Jenosideri ariko bakayisigira umukobwa witwa Uzamushaka Providance hanyuma akagurishaho.
Abashinwa baje bashaka aho kubaka mu gihe bakora umuhanda baguze n’uwaguze na Uzamushaka Providance kuko niwe imitungo yanditseho ariko abahoze ari banyiri mitungo bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse igihugu babimenye ko Abashinwa bahaguze baha umuntu uburenganzira bwo kubakurikirirana imitungo yabo uwo muntu ashore itiku Abashinwa amafaranga bayaha Umunyamabanga nshingwabikorwa Uwajeneza Janet.
Uwajeneza Janet nawe agafaranga agakubita umufuka amakuru akavuga ko yayoherereje abo ba Jenosideri bahunze igihugu andi makuru akavuga ko amafaranga yayasangiye n’uwo muntu bohereje ariko Urukiko rwemeje ko imitungo ari iya Uzamushaka Providance ariko yarariganyijwe ageza ubwo afungirwa ku Murenge iminsi 3 yose kandi bitemewe gufungira umuntu ahantu hatemewe.
Ubu abantu barimo kwibaza aka Karere ibyako aho bigana kuki abayobozi bashyigikira Abajenosideri ku buryo imitungo yabo igurishwa bakageza aho bashyirwa amafaranga bari hanze y’igihugu?.
Aka niko Karere ubu kabaye akanyuma mu mihigo y’Uturere kakaba kabaye aka 30 kubera imikorere mibi nkuko turibubagezeho inkuru irambuye ivuga ibibazo biri muri Rubavu byatumye iba iya nyuma.
Ubwo twandikaga iyi nkuru bamwe mu baturage bari batwemereye kudushakira nimero za Telephone z’abantu bajyanye amafaranga ya Ngendahimana muri FDRL ariko bari batarazibona aho bazibonera nabo tuzababaza impamvu bagurisha amasambu y’abantu bakoze Jenoside bagahunga igihugu ndetse bakabashyira muri Congo hanyuma tubagezeho icyo bazabivugaho.
Gatera Stanley
Mu Mudugudu wa Mukumya ,Akagari ka Basa ,Umurenge wa Rugerero Akarere ka Rubavu haravugwa amakuru y’umurima w’umuturage witwa Ngendahimana Caliste Aliyasi Simibirizi wakoze Jenoside agakatirwa nyuma agatoroka TIGE akajya muri FDRL .
Umwe mu baturage utashatse ko amazina ye atangazwa yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko umurima wa Ngendahimana wagurishijwe Miliyoni imwe n’igice (1.500.000Rfw)amafaranga bayamushyira muri DR Congo aho aba muri FDRL.
Amakuru avuga ko abayamushyiriye harimo uwitwa Shushu utuye Rukingo mu Murenge wa Rugerero ,undi ni Ngwahafi Misago Gaspard utuye Ruvumbu muri Murambi.
Ikinyamakuru Umusingi kimaze kumenya ayo makuru cyabajije Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Basa witwa Tuyizere Marcel maze avuga ko ayo makuru yayamenye aho yasanze umutungo we uri muri Murambi ku Gisenyi afite akazu muri Basa gusa indi mitungo iri mu Kagari ka Murambi ati “ubwo muri Murambi nibo bakwiye gukumira hakiri kare kuko n’abana be niyo barimo kujya kugirango bafate kuri ayo mafaranga n’iyo mitungo”.
Tubajije Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero niba icyo kibazo akizi ku munsi w’Ejo Kuwa 5 Ukwakira 2017 Uwajeneza Janet we yagize ati “ayo makuru ntayo nzi ahubwo ngiye gukurikirana menye niba aribyo koko”.
Undi muturage wadusabye kutavuga amazina ye nawe uyu munsi yatwemereye ko isambu ya Ngendahimana yagurishijwe amafaranga barayamushyira ,tumubajije niba ubuyobozi bubizi ati “ubwose urumva hari isambu yagurishwa ubuyobozi bw’umudugudu butabizi cyangwa ku Kagari batabizi ?.
Iyi n’inkuru ya 2 tumaze kwandika ivuga uburyo abantu bakoze Jenoside mu Rwanda bagahunga igihugu imitungo yabo igurishwa bagahabwa amafaranga iyo bahungiye.
Iyo duheruka kwandika n’iyo bamwe mu baturage bashinjaga Umunyabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero Uwajeneza Janet wahawe amafaranga y’imitungo yari iyaba Jenosideri ariko bakayisigira umukobwa witwa Uzamushaka Providance hanyuma akagurishaho.
Abashinwa baje bashaka aho kubaka mu gihe bakora umuhanda baguze n’uwaguze na Uzamushaka Providance kuko niwe imitungo yanditseho ariko abahoze ari banyiri mitungo bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi batorotse igihugu babimenye ko Abashinwa bahaguze baha umuntu uburenganzira bwo kubakurikirirana imitungo yabo uwo muntu ashore itiku Abashinwa amafaranga bayaha Umunyamabanga nshingwabikorwa Uwajeneza Janet.
Uwajeneza Janet nawe agafaranga agakubita umufuka amakuru akavuga ko yayoherereje abo ba Jenosideri bahunze igihugu andi makuru akavuga ko amafaranga yayasangiye n’uwo muntu bohereje ariko Urukiko rwemeje ko imitungo ari iya Uzamushaka Providance ariko yarariganyijwe ageza ubwo afungirwa ku Murenge iminsi 3 yose kandi bitemewe gufungira umuntu ahantu hatemewe.
Ubu abantu barimo kwibaza aka Karere ibyako aho bigana kuki abayobozi bashyigikira Abajenosideri ku buryo imitungo yabo igurishwa bakageza aho bashyirwa amafaranga bari hanze y’igihugu?.
Aka niko Karere ubu kabaye akanyuma mu mihigo y’Uturere kakaba kabaye aka 30 kubera imikorere mibi nkuko turibubagezeho inkuru irambuye ivuga ibibazo biri muri Rubavu byatumye iba iya nyuma.
Ubwo twandikaga iyi nkuru bamwe mu baturage bari batwemereye kudushakira nimero za Telephone z’abantu bajyanye amafaranga ya Ngendahimana muri FDRL ariko bari batarazibona aho bazibonera nabo tuzababaza impamvu bagurisha amasambu y’abantu bakoze Jenoside bagahunga igihugu ndetse bakabashyira muri Congo hanyuma tubagezeho icyo bazabivugaho.
Gatera Stanley
2,845 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply