N Korea yagerageje ikindi gisasu gikoze muri uranium irashaka intambara y’Isi
— September 3, 2017
Please enter banners and links.

Koreya ya ruguru yagerageje ikindi gisasu, ikaba igeze ku gisasu cya nucleaire kigira gatandatu igeragereza mu kuzimu, mu kiringo cy’imyaka nka cumi.
Igihugu cy’Ubuyapani cyemeza ko igisasu cyageragerejwe mu kuzimu na Koreya ya ruguru kiruta ubukomezi inshuro icumi, icyo baheruka kugerageza umwaka ushize.
Abashinzwe kugenzura za nyamugigima mu Buyapani, bavuga ko ku byuma byabo byo gusuzuma urugero rwo kunyiganyiga kw’isi, byerekana ko ubushobozi bw’icyo gisasu bwangana na nyamugigima igera ku bipimo 6.3 ku rugero rwa Ritchter muri ako karere.
Umushikiranganji w’imigenderanire w’Ubuyapani, Taro Kono, yateye ibyatsi iryo gerageza ry’igisasu avuga ko ritari iryo kwihanganirwa.
Perezida wa Koreya y’epfo Moon Jae-in, yahamagaje umubonano wihuta w’abagize inama y’umutekano y’igihugu cye.
Perezida Trump nawe nyine yateye ibyatsi iryo gerageza ry’igisasu ryakozwe na Koreya ya ruguru, aho yavuze ko ibikorwa n’amajambo ya leta ya Pyongyang bikomeza kuba bibi no kugora igihugu cye kwihanganira.
Perezida Trump yavuze ko Koreya ya ruguru ari igihugu cyagize ububeshi ingeso, kandi giteye intambamyi.
Perezida Trump ateganya guhura n’abagize umugwi ujejwe umutekano, kugirango bihweze ico kibazo.
Leta zunze Ubumwe za Amerika zimenyesha ko ziriko zirihweza ikibazo co kwongerereza ibihano Koreya ya ruguru.
Ibindi bihugu byiyamirije iryo gerageza ry’igisasu cya Korea ya ruguru, n’Uburusiya hamwe n’Ubushinwa.Koreya ya ruguru ikaramuka yibeshye igisasu kikagira ibyo cyangiza mu bindi bihugu bituranye yaba ihuye n’ibibazo kuko ibihugu byinshi nkuko birimo kuyamagana byahita byishyira hamwe bikayitera aribyo abantu bavuga ko bishobora kubyara intambara y’isi yose.
2,314 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply