Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, yatawe muri yombi
— August 26, 2017
Please enter banners and links.

Umuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, yatawe muri yombi n’inzego z’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha byo gutanga inyungu zidafite ishingiro ku masezerano iyi kaminuza iba yagiranye n’abantu n’ibigo bitandukanye.
Amakuru dukesha igihe.com ni uko Rubingisa yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu akurikiranyweho gutanga inyungu zidafite ishingiro mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano iyi kaminuza igirana n’abantu cyangwa ibigo bitandukanye.
Bamwe mu banyeshuri muri Kaminuza y’uRwanda twabajije ibijyanye n’aya makuru batashatse ko amazina yabo atangazwa batubwiye ko bari budukurikiranire ibyitabwa muri yombi rye na sitasiyo ya polisi kugirango tuyibaze neza itabwa muri yombi rya Pudence Rubingisa tukaba turi bubagezeho inkuru irambuye .
2,924 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply