Ukuriye polisi ya Uganda Gen.Kale Kayihura yaburiwe irengero
— June 14, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda uyu munsi Kuwa 14 Kamena 2017 aravuga ko umukuru wa Polisi y’Igihugu Gen.Kale Kayihura yaburiwe irengero.
Bimwe mu bitangazamakuru byo muri icyo gihugu biherutse kwandika ko Gen.Kale Kayihura yagiye mu kazi mu gihugu cya Turkey ariko abanyamakuru bakaba baracukumbuye babaza Ambasaderi w’Icyo gihugu muri Uganda maze ahakana ko ayo makuru atariyo ko Gen.Kale Kayihura atari muri Turkey.
Ni inkuru irimo kuvugwa cyane muri Uganda nyuma yo kumara iminsi batamubona bagatangira kwibaza aho yaburiye ku buryo bamwe batangiye gukeka ko ashobora kuba afunzwe.
Bamwe mu bavuganye n’Ikinyamakuru Umusingi bo muri Uganda aho babwiye umunyamakuru wacu ko amakuru yizewe ni uko Gen.Kale Kayihura ari mu gihugu ntaho yagiye ahubwo bavuga ko ashobora kuba yararwaye ariyo mpamvu batamubnaga bagakeka ko yaba afunzwe.
Mu gihugu cya Uganda abantu bazi gukora amakuru kuko umuntu ashobora kuvuga ikintu ku muntu runaka kigakwirakwira ibitangazamakuru bikaba birakurikiranye kumenya niba ari ukuri ,byaba ari ukuri cyangwa atari ukuri itangazamakuru riba ryakoze akazi ko gukurikirana abantu bagasoma.
Muhungu John –Kampala
2,787 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply