Pogba ntazakina umukino wa Tottenham kubera yapfushije ise
— May 13, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi wa Man United Paul Pogba ntiyajyanye n’abagenzi be uyu munsi ku mugoroba ubwo buriraga indege berekeza White hart lane aho ku munsi w’ejo bazakina n’ikipe ya Tottenham.
Ubwo abandi bakinnyi buriraga indege kuu uyu wa 13 Gicurasi 2017 berekeza white hart lane we yuriraga indege yerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa agiye gushyingura ise witabye Imana azize uburwayi yaramaranye igihe.

Jose Mourinho bikaba bivugwa ko azakinisha abana kuko imbaraga azishyize kuri Finale ya Europa League kuko Pogba azaba adahari ndetse na Marouane Fellaini akaba atazakina kubera yahagaritswe imikino 3 .
Ndayambaje F
2,641 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply