Pogba ntazakina umukino wa Tottenham kubera yapfushije ise
— May 13, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi wa Man United Paul Pogba ntiyajyanye n’abagenzi be uyu munsi ku mugoroba ubwo buriraga indege berekeza White hart lane aho ku munsi w’ejo bazakina n’ikipe ya Tottenham.
Ubwo abandi bakinnyi buriraga indege kuu uyu wa 13 Gicurasi 2017 berekeza white hart lane we yuriraga indege yerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa agiye gushyingura ise witabye Imana azize uburwayi yaramaranye igihe.

Jose Mourinho bikaba bivugwa ko azakinisha abana kuko imbaraga azishyize kuri Finale ya Europa League kuko Pogba azaba adahari ndetse na Marouane Fellaini akaba atazakina kubera yahagaritswe imikino 3 .
Ndayambaje F
2,671 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply