Ibibazo bizagorana kubona ibisubizo mu rupfu rw’umukobwa Martha hafashe abasore 2 babanyarwanda(Vedio)
— March 25, 2025
Please enter banners and links.

Urupfu rwa Martha Ahumuza wari urangije Kaminuza rwavugishije benshi kubera amayobera arurimo n’uburyo yapfuyemo ariko hafashe abasore 2 b’Abanyarwanda bivuga ko akabari yaguyemo ari akabo.
Hari n’umunyeshuri bivugwa ko yiyahuye ariko abandi bakavuga ko ikigo yigagaho batanze nkigitambo naho Martha havugwa ko yarozwe abandi bakavuga ko ari inzoga zamushe abandi ngo umutsi wararitse avira mu nda arapfa.
Ku mbuga nkoranyambaga havugwa byinshi hari abavuga ko yari mu bakobwa beza bakoreshwaga gutanga uburozi kwica abakire ndetse bikavugwa ko hari umukire yashakaga guha uburozi uwo munsi ariko umukire arabimenya bityo Martha amaze kumushyiriramo baramushuka bamujyana hirya bityo bahindura ikirahure bamuha icyo yashyizemo uburozi agaratse aranywa atazi ko bamuhinduriye ahita aturika imitsi yo mu bwonko bityo arapfa.
Polisi yahise iza nyuma y’uko ihamagawe ndetse bafata abasore babiri b’Abanyarwanda DJ Spiny na murumuna we Karenzi ndetse bivugwa ko akabari Mezo Noir ari akumwe muri aba basore.
1,471 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply