Green Party yasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri muri Sudan y’Epfo
— July 19, 2016
Please enter banners and links.

Ishyaka Green Party ryo mu Rwanda ryasabye Leta y’uRwanda kugarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na Polisi ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudan y’Epfo .
Abinyujije ku rubuga rwa Facebook Perezida wa Green Party Frank Habineza yasabye Leta y’uRwanda ko igarura vuba na bwangu Ingabo z’uRwanda na polisi kubera intambara ikomeye irimo kubera muri icyo gihugu.


Frank Habineza
Igihugu cya Uganda cyo cyakuyeyo abaturage bacyo bari baragiye guhaha no gushakirayo ubuzima ndetse ,icyo gihugu kikaba cyarasubijeyo abasirikare bacyo kujya gutabara abaturage bacyo nyuma y’uko hari hashize iminsi Uganda ikuyeyo ingabo zayo zari mu butumwa bw’amahoro.
Gatera Stanley
2,769 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply