Chelsea nyuma yo kugura N’Golo Kante irashaka Riyad Mahrez
— July 17, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza mushya wa arashaka kugaragaza ko ari umuhanga aho ashaka gutwara igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza cy’uyu mwaka wa 2016-2017 agura abakinnyi bazamufasha gutwara icyo gikombe.
Umutoza mushya wa Chelsea witwa Konte akaba ashaka kugura umukinnyi wabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’Ubwongereza Riyad Mahrez wakiniraga ikipe ya Leicester City.

Mahrez

N’Golo Kante
N’Golo Kante yaguzwe n’ikipe ya Leicester City umukuye mu ikipe ya Caen kuri £5.6million.Chelsea ikaba yamuguze £32million ku masezerano y’imyaka 5.
N’Golo Kante ukinira ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ufite imyaka 25 akaba agiye gufatanya na Fabrigas gukina hagati mu ikipe ya Chelsea bikaba bivugwa ko Nemanja Matic agiye kwerekeza muri Juventus.
Ndayambaje F
2,930 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply