Umwana yamize igishyimbo kimuhagama mu mihogo arapfa
— November 26, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda umwana muto wakinishaga ibishyimbo yamizemo kimwe kiramuhagama mu mihogo bimuviramo gupfa.
Patience Nalusiba w’imyaka 2, akaba yari umukobwa wa Irene Nakitende na Denis Ssebintu batuye i Kyaliwajjala – Namugongo nibo bapfushije umwana wabo.
Nakitende nyina wa nyakwigendera yavuze ko Nalusiba bamubonye akinisha ibishyimbo ariko ntibamenya niba yari yakimize.
Bagerageje kumuha Yahurute ariko babona ararushaho kuremba bamujyanye kwa muganga nibwo bamenye ko yari yamizi igishyimbo gihagama mu mihogo.
4,554 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply