Pasiteri Bugembe yasengeye Bobi Wine amuha ijambo kuvugana n’Abakirisitu amusaba kutajya mu bya politike ati uziko ndi uwa Museveni undi nawe ati uziko ndi uwa People Power
— December 5, 2018
Please enter banners and links.
M,
Pasiteri Bugembe uzwi cyane muri Uganda yasabye Abakirisitu gusengera igihugu kubera ibibazo kirimo aho abantu bapfa cyane kubera impanuka ati Imana yibiduhereye ububasha gusengera abantu bose.
Ibi byabereye mu masengesho uyu Pasiteri ajya ategura iyo umwaka urangira ,aya masengesho akaba yabereye mu rusengero rwe Light of the World ruherereye ahitwa Nansana.
Ubundi Bugembe aya masengesho yajyaga ayakorera muri Stade ya Nakivubo hakaza abantu benshi cyane akabasengera ariko ubu iyo Stade irimo kuvugururwa ndetse yigeze no kuyakorera Makerere University.
Muri aya masengesho Umuhanzi akaba n’umunyapolitike Depite Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni yari yaje kumusengera dore ko bombi ari inshuti banakoranye indirimbo yitwa Olokoka Di?bivuze ngo uzakizwa ryari ?.
Bugembe yagiye kumusengera amusaba kutajya mu bya politike ati urabiziko ndi uwa Museveni Bobi Wine nawe ati nanjye ndashaka ko ubimenya ko nta kibazo mfitanye na Museveni wawe ko njye ndi uwa People Power.
Bobi Wine yaganiriye n’Abakirisitu arangije asaba Pasiteri Bugembe kumusengera kubera ibibazo yahuye nabyo bikomeye uyu mwaka n’ibirimbere kuzabinyuramo neza akarangiza umwaka neza dore ko afite gahunda yo kuzasimbura Perezida Museveni muri 2021.
3,055 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply