Umugabo yatawe muri yombi nyuma y’amahano yogucyeba igitsina ndetse n’umutwe umwana we w’ikinege ,nk’igitambo ku bazimu.
— December 1, 2017
Please enter banners and links.

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’ubuhinde Ram Gopel Patel yatawe muri yombi na Polisi nyuma yo gucyeba igitsinagabo umwana we witwa Rupesh, yarangiza agakata umutwe akawujajanga yitwazako ari abapfumu babimutegetse .
Uyu mugabo w’imyaka 39 y’amavuko utuye mu mujyi wa Baloda Bazaar, yatangarije ikinyamakuru Dail mail ko ibyo yakoze yabitegetswe n’abakurambere aribo bahora bamukomangira k’urugi, yumva amajwi amuhamagara amusaba ko yakwica umwana we urwagashinyaguro nk’igitambo.
Umupfumu witwa Rajesh yadav nawe niwe wari wongeye kubimubwira ko ariko agomba kubikora ,mu rucyerera kuri uyu wa kane Taliki 29 Ukwakira uyu mwaka,nibwo Ram Gopel yakoze ibidakorwa,amaze kubonako umugore we agiye kukazi ,nibwo umugabo yahamagaye umwana we ngo amusange mu bwogero(Dushe).


Rupesh w’imyaka 13 y’amavuko, ubwo yitabaga se mu bwogero ngo amubwire,nibwo guhita akatwa igitsina n’umutwe,ibi byaje kumenyekana nyuma yaho umugore wa Ram Gopel Patel witwa Sunita yavaka kukazi mu murima guhinga ahamagaye umwana araheba ,nibwo kumusanga mu bwogero yaciwe igitsinagabo yitabye Imana kare.
Sunita yahise atabaza n’umuborogo wivanze n’amarira n’intimba ,umugabo arafatwa arafungwa yewe n’umupfumu wabimutegetse Rajesh Yadav bombi batabwa muri yombi,Ubushinjacyaha bwo mu Buhinde bugaragazako abantu nibura 135 bapfa muri ubwo buryo.
Twavugako mu Buhinde ariho hantu bacyizera imyuka mibi(amagini)kurusha ahandi ku Isi nzima, yewe no kuramya ibigirwamana by’ibibumbano.
David Mayira/umusingi.net
2,781 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply