Umugabo wibye micro ya radio yafashwe n’inzuki zituma ayisubiza aho yayibye
— November 28, 2017
Please enter banners and links.

Ahitwa I Masindi muri Uganda habaye ibitangaza ubwo umugabo yibye micro ya radio (woofer) maze ageze mu nzira inzuki ziramutera zimwirundaho amenye ko aho yibye aribo bamuteje inzuki ahitamo kuyisubiza aho yayibye.
Ibi byabaye muri weekend ubwo abaturage mu Mujyi wa Masandi babyiboneye n’amaso yabo bikabayobera bagatangira gukeka ko uwo bibye afite ibirozi ndetse ku buryo umujura yagezeyo inzuki zikamuvaho zikigendera bagasigara bibaza uburyo uwo muntu abikora bikabayobera .


2,193 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply