Ikamyo ya Rukururana yavaga mu Rwanda yagonze inzu ninjoro abantu baryamye
— December 14, 2016
Please enter banners and links.

Ikamyo yavaga mu Rwanda ijoro ryakeye Kuwa 13 Ukuboza 2016 yari yikoreye ibyuma ibijyanye Kampala yabuze feri igonga inzu abantu barimo baryamye hapfa umwana umwe abandi 6 bajyanwa mu bitaro barembye.
Impanuka yabereye ahitwa Mpigi ,uwapfuye yitwa Shatrah Nansubuga,ufite imyaka 4 umukobwa wa Patrick Mutatwala n’abavandimwe be barimo Brandon,w’imyaka 10 na Mercy Nanjala,w’imyaka 12 bahise batwarwa mu bitaro bya leta Mpigi nga bameze nabi.

Nyina w’abana na komvayeri w’ikamyo yakoze impanuka witwa Domolo Gatsimbaye umunyarwanda nabo batwawe mu bitaro byitwa Double Cure ahitwa Kalagala bamerewe nabi.
Impanuka ntiharamenyekana icyayiteye ndetse na shoferi wayo akaba yirutse arabura.
Abaturage bavuze ko usanga abashoferi batwara ibikamyo usanga banywa ibiyobyabwenge harimo n’urumogi ndetse basaba Leta kubashyiraho igitutu bakarekeraho gutwara imodoka basinze mu rwego rwo kugabanya impanuka zihitana abantu.
Muhungu John
3,514 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply