Supermarket iherereye hafi ya Civitas Hotel yahiye iba umuyonga
— July 6, 2016
Please enter banners and links.

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Nyakanga 2016, iduka ryacururizwagamo ibiribwa n’ibikoresho bitandukanye (Supermarket) riherereye i Remera ku Gisimenti, ryafashwe n’inkongi y’umuriro ibyari birimo birashya bihinduka umuyonga.
Iri duka ryahiye rizwi nka Sahani Supermarket Ltd, riri hafi ya Civitas Hotel i Remera ku Gisimenti, muri metero nkeya uvuye kuri hoteli Chez Lando, ahaherutse naho kwibasirwa n’inkongi y’umuriro mu minsi micye ishize, n’ubwo ho hahiye gusa icyumba cy’inama.
Iyi nkongi y’umuriro yatangiye mu masaha ya mugitondo cya kare, yibasiye ibyari biri muri Supermarket byose birashya biba umuyonga, Polisi ikaba yabashije kuzimya ariko yahageze ibyinshi byari byamaze gushya .




Ikinyamakuru Umusingi cyagerageje kubaza nyiri Supermarket kuri Telephone ye igendanwa ariko atayitaba kimwe n’umuvugizi wa Polisi Umujyi wa Kigali nawe ntitwashoboye kumubona ku murongo wa Telephone.
Umwe mu bari bari aho iyo Supermarket iherereye I Remera yagize ati twagiye kubona tubona umwotsi urazamuka ari mwinshi nibwo twamenye ko inzu ihiye.
Umusingi1@gmai.com
2,489 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply