Ubukwe bwarategerejwe amaso ahera mu kirere none Tanasha umukunzi Diamond Platnumz agiye kubyara ,Zari nawe yabeshywe ubukwe
— June 10, 2019
Please enter banners and links.

Umukunzi wa Diamond Platnumz, Tanasha Donna, hashyize ahagaragara amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga atwite agaragaza ko afite inda y’imvutsi.
Kuva umwaka ushize nibwo ubukwe bw’aba basitari bwavuzwe ndetse bavuga ko bazabukora ku munsi w’abakundanye uba mu kwezi kwa kabiri abantu barategereza amaso ahera mu kirere ahubwo batangajwe ni uko agiye kubyara butarakorwa.
Aya mashusho yafashwe mu mpera z’icyumweru gishize ubwo Tanasha yari ari kubyinana na Diamond Platnumz ahitwa Ultra Gossip Lounge, ubwo uyu muhanzi yerekanaga amashusho y’indirimbo ye nshya yitwa ‘Inama’.




Abafana batandukanye bagize amakenga y’uko uyu mukobwa yaba atwite nyuma y’aya mashusho yasakajwe.
Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa ari kubyina, yambaye ikanzu ndende y’umukara, ariko inda ikanga ikamutamaza.
Muri aya mashusho kandi yasakajwe umwe mu bafana b’uyu mukobwa yamubwiye kubwira abafana be inkuru nziza.
Undi witwa Queen we yaravuze ati “Hari uwaba yabonye inda ya Tanasha Dona? Aratwite pe! Imana ishimwe kandi bose baraberanye si urwenya ni ukuri, Diamond ntube umwana […]”
Mu minsi ishize Tanasha aherutse kuvuga ko ari kwitegura kwakira umugisha vuba, yongeraho ko ari kwiyongera ibiro.
Ati “ Igice cyiza ni uko ndi kwitegura umugisha w’ikirenga mu minsi ya vuba. Imana ni nziza.”
Muri Mata uyu mwaka yabajijwe n’itangazamakuru niba koko yaba atwite, abyamaganira kure.
Yagize ati “ Naripimishije ntabwo ntwite. Umubiri wanjye uri kugerageza kwisanisha n’ihinduka ry’ikirere kubera guhora mva Dar es Salaam hahora hashyushye nza mu majoro akonje ya Nairobi.”
Mu kiganiro aherutse kugirana na Wasafi TV yaravuze ngo ‘Ntabwo ntewe ubwoba n’ikintu icyo aricyo cyose.”
Izi nkuru zongeye gucicikana nyuma y’uko muri Gashyantare abo mu muryango wa Tanasha Donna Oketch, bamubujije kubyarana na Diamond batarakora ubukwe.
Bamubwiye ko akwiriye kwitonda kugira ngo atazahura n’abandi bakundanye na Diamond nka Zari na Hamisa Mobetto.
Diamond wagirango ari kumarushanwa we na Zari kuko inkuru zimwe zivuga Diamond izindi zikavuga kuri Zari ko nawe ari mu rukundo n’undi mugabo ,twabibutsa ko aba batandukanye ku munsi w’abakundanye ari nawe Diamond yashakaga ko azakora ubukwe kuri uwo munsi bakaba bafitanye abana 2.
Bamwe mu nshuti za Zari bavuga ko kudakora ubukwe na Diamond ari kimwe mu byatumye batandukana kuko uko Zari yavugaga ubukwe Diamond atamutegaga amatwi kandi akamuca inyuma cyane aribyo batangiye gucyeka ko ashobora kubeshya umwana w’umukobwa Tanasha ko azamukorera ubukwe bikarangira nabo batandukanye butabaye.
Noella
6,256 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply