Breaking News: Umwe mu basore 2 banize umugore wa Mobile Money i Remera, yararashwe arapfa
— February 27, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa kane tariki 27 Gashyantare, abasore babiri banize umugore ucuruza Me2U na Mobile Money i Remera muri Kigali, umwe yeretswe abanyamakuru undi yararashwe nk’uko byemejwe na Police y’u Rwanda.
Ku mashusho yafashwe na CCTV Camera ku cyumweru n’ubu mu masaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba, agaragaza abasore babiri, umwe muremure w’inzobe, n’undi w’igihagararo kiringaniye batera intambwe ndende basatira uriya mugore wabahungaga.
Barakomeza bakagera muri coridor bagasa n’abamukubira hagati yabo, umwe akamusimbukira agatangira kumuniga, undi akamwambura ibyo afite harimo amafaranga n’isakoshi ari na ko amukubita ibipfunsi mu nda.
Iyi video yababaje benshi, bifuzaga ko habaho gukurikirana aba basore bagafatwa kandi bagahanwa.


Ibihano basabirwa biba biremereye cyane harimo no ku icwa.Hirya no hino mu gihugu abashoboye kubona ariya mashusho bemezaga ko bariya basore ari abagome babi cyane bitewe n’ibyo bakoreye uriya mugore.
Irumva Elias akaba ariwe warashwe arapfa nkuko Polisi yabitangaje ku rubuga rwayo rwa twitter naho uwafashwe n’uwitwa Irakoze Emmanuel.
3,702 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply