Bobi Wine yavuze ko Museveni ashaka kuba Perezida wa Ghetto naho we akaba Perezida w’igihugu
— November 1, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi akaba n’umudepite Bobi Wine yavuze ko Perezida Museveni ashaka kuba Perezida wa Ghetto naho we akaba Perezida w ‘Igihugu cya Uganda bakagurana.
Ibi Bobi Wine yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru uyu munsi tariki 1 Ugushyingo 2019 mu mugi wa Kampala akaba yasobanuye impamvu Museveni yibanze cyane muri Ghetto ari uko Bobi Wine yamushyize ku gitutu aho mu matora ya 2021 hazaba amatora y’umukuru w’igihugu kandi Museveni akaba atinya ko abantu benshi baba muri Ghetto bashobora gutora Bobi Wine.
Museveni yahaye uwitwa Buchaman kuba umujyanama we ku bibazo bya Ghetto kuko Buchaman yahoze ariwe visi Perezida Bobi Wine ari Perezida none Museveni akaba ashaka ko Buchman amufasha guhindura abantu bo muri Ghetto bakaza muri NRM Ishyaka rya Museveni kugirango azatsinde amatora.
Ariko n’ubwo Museveni yahaye Buchaman kuba umujyanama we abantu muri Ghetto ntibamwiyumvamo kuburyo yabahindura kuko mu mateka baziko Bobi Wine ariwe Perezida wa Ghetto kandi ariwe wabavugiye ibibazo byabo.
Bobi Wine yavuze ko abantu bo muri Ghetto abizi neza ko Museveni azabaha amafaranga menshi kugirango bahinduke ariko abasaba kuba abanyabwenge ati amafaranga muzayarye ariko ntazabagire abaswa ngo mwemere ibyo bababwira.
Bobi Wine yakomeje avuga ko batangiye mu buzima bugoye Museveni abasuzugura bavuga ko ntacyo bazashobora ariko ubu amaze kubona ko nabo aria bantu bakomeye kandi bamushyize ku gitutu bashaka kumukura ku buyobozi ariyo mpamvu akoresha amafaranga kugirango ashuke abantu bo muri people power bayivemo Bobi Wine asigare wenyine.
Muhungu John –Kampala
3,683 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply