Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe amaze amezi 4 mu bitaro I Singapore
— August 7, 2019
Please enter banners and links.

Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe umukambwe Robert Mugabe amaze amezi 4 ari mu bitaro mu gihugu cya Singapore aho bavuga ko arembye ndetse ashobora kwitaba Imana.
Mu rwandiko uwasimbuye Mugabe witwa Emmerson Mnangagwa yanditse yavuze ko yohereje itsinda kuva muri Zimbabwe kujya kureba uko ameze nyuma yo kumara amezi 4 mu bitaro ariko indwara Mugabe arwaye ikaba itavuzwe ariko bikaba bivugwa ko ari ugusaza kuko afite imyaka 95.
Mu kwezi kwa 11 umwaka ushize nibwo Emmerson Mnangagwa yatangaje ko Mugabe Robert adashobora kugenda kubera gusaza kandi ari mu buzima bubi dore ko akiri na Perezida yagenderaga mu kagari kubera gusaza.
Emmerson Mnangagwa yagize ati mfite ibyishimo kumenyesha igihugu ko ubu Mugabe Robert atangiye kumera neza ugereranije n’imyaka afite.Abasuye Mugabe bavuze ko ugererenije ni uko yari ameze bamujyana kwivuza muri Singapore ubona hari impinduka agenda yoroherwa ariko kubera ko ashaje cyane uyu munsi ashobora kumera neza ejo akongera akremba.
Mu gihugu cya Zimbabwe amavuriro yahoo ntago afite imiti n’abaganga beza ,abantu baho bafite amafaranga bajya kwivuza hanze nko muri Afurika y’Epfo nahandi.
Mugabe Robert yakuwe ku butegetsi n’igisirikare nyuma yo kumurambirwa imyaka 37 yose yari amaze ayobora icyo gihugu ,bakaba baramukuye kubutegetsi mu mwaka wa 2017 ariko kuva icyo gihe yakomeje guhura n’ibibazo bitandukanye.
4,389 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply