Umuherwe wa 3 muri Uganda Mukwano apfuye yinjiza Miliyoni 126 buri saha
— July 12, 2019
Please enter banners and links.

Umuherwe uzwi cyane mu gihugu cya Uganda witwa Mukwano ndetse n’inganda ze zitwaga Mukwano yitabye Imana ariko byavuzwe ko ku munsi yinjizaga Miliyoni 126 z’amashilingi ya Uganda.
Mukwano yari afite inganda zikora ibicuruzwa byinshi ndetse hafi buri rugo ruba rurimo ikintu gikorwa n’inganda ze cyane cyane Amabase ,Amajerikani ,isabune ifura n’izikarabwa ,amavuta ya buto ,Amajyani,Amazi ,intebe za pulasitike n’ibindi byinshi.
Yavukiye mu gihugu cya Uganda mu mwaka wi 1930 ahitwa Bukandula muri Gomba akaba apfiriye ku myaka 89 aguye mu rugo rwe I Kololo aho yavururwaga n’abaganga bakomeye.
Ise Ali Mohamed Karmali yaje muri Uganda mu mwaka wi 1904 aho yabanje gucuruza iduka muri Jinjja aza kuhava ajya Mbarara .
Mukwano agira inganda nyinshi n’amazu menshi akomeye muri Kampala no muyindi migi itandukanye akaba afite Mukwano Agro Project Ltd ifite hegitari z’ubutaka zingana na 17,000 i Masindi aho ahinga ibigori na soya .






Uruganda rukora plastics Mukwano AK Plastics,ibikombe ,amabase ,amajerikani na Nationwide Properties Ltd yubaka amazu ndetse akagira Riley Packaging Ltd ikora ibyo bapfunyikamo ibintu biguzwe,akaba afite inganda muri Tanzania n’ahandi hatandukanye.
Kubera ukuntu yakundaga abakiriya bamuganaga akimara gutangira uruganda abantu bahimbye Mukwano mu kigande izina Mukwano rivuga inshuti bityo bamwita Mukwano nawe ingande ze zose n’amazu akomeye acururizwamo akayita izina Mukwano nka Mukwano mall,Mukwano Akedi.
Yaguye isoko ry’ibicuruzwa bye abijyana mu bihugu nka Kenya, Tanzania, DR Congo, Sudanakaba ari umuntu wizeraga abantu cyane ku buryo yigeze kujya abacuruzi 10 muri Dubai babakopa imyenda yo gucuruza ya za Miliyari ku ideni 3 muribo banze kwishyura ariko ubu n’abakene cyane ariko abishyushye n’abakire cyane.
Mukwano n’umuntu wakundaga abakozi be cyane nabakodesha ku mazu ye kuko ntago ajya yongeza amafaranga yubukode kandi abakiriya be abaha umwanya wo kwishyura aho bayaboneye ndetse yakundaga kubabagira amatungo akabaha inyama cyane cyane ku minsi mikuru.
Muhungu John-Kampala
7,872 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply