Chamilion yongeye kuba uwa mbere mu bahanzi bakize muri East Africa akaba afite amazu muri USA ,menya ibyo atunze, umenye ko mu Rwanda nta muhanzi uzabigeraho
— February 16, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Jose Chamilion wo mu gihugu cya Uganda yongeye kuba uwa mbere mu bahanzi bakize muri East Africa ,mbere Bobi Wine niwe wari uwa mbere na Diamond wo muri Tanzania ariko ubu Chamilion ari ku mwanya wa mbere.
Chamilion aherutse kugura imodoka ihenze yo mu bwoko bwa Escarade isanga izindi nka V8 n’izindi zitandukanye byiyongera ku mazu afite muri Amerika hafi no kwa Perezida Trump ,akagira kampuni (Company)itwara abamukerarugendo yitwa Chamilion Tours & Travels ,DNA Lounge ,Apartments ,Ifamu y’inka n’ihene ,n’ibindi byinshi aribyo ubu bimaze kumugira uwa mbere.
Uyu muhanzi Chamilion yamaze gukora izina rye haba mu gihugu cya Uganda ndetse no ku isi yose ku buryo abantu bavuga ko mikoro yamuhiriye akayibyaza umusaruro aho ari umwe mu bagiye basinya gukorana n’ibigo bikomeye kubyamamariza no gukorana nabyo akabona akayabo k’amafaranga.
Ubu birasaba mugenzi we Bobi Wine ubu wagiye mu bya politike aho ubu ari umuhanzi akaba n’Umudepite muri Uganda akaba afite izo Apartments ,afite Busabara one love Beach ajya akoreramo ibitaramo bye ,akagira imodoka zihenze n’ibindi byinshi birimo imirimo .






Bebe Cool na Bobi Wine nabo bafite amazina azwi cyane

Bobi Wine hagati Chamilion na Bebe Cool bose basa naho aribo batangije umuziki gukundwa muri Uganda ubu bamaze imyaka irenga 20 ariko Bebe Cool akaba ariwe wababanjirije ndetse akaba abaruta mu myaka ariko bakaba bamurusha ubukire
Muri Uganda igituma haba amafaranga abahanzi bagakira ni uko haba kurushanwa (Competition)buri muhanzi agakora ashaka kurusha mugenzi we ndetse hakaba n’itangazamakuru ryigenga rifite ubwisanzure ndetse n’abantu bakamenya kwamamaza ibihangano byabo mu gihe mu Rwanda abahanzi iyo asohoye indirimbo abenshi agira gutya akoherereza umunyamakuru link gusa nta rindi jambo wenda risobanura iyo ndirimbo.
Muri East Africa hari amazina akunzwe kuvugwa cyane y’abahanzi bakunzwe ndetse bafite amafaranga kurusha abandi barimo Chamilion ,Bobi Wine ,Bebe Cool na Diamond.
Mu Rwanda havugwa amazina 2 gusa The Ben na Meddy abandi nabo bagerageza harimo Priscillah ,Knowless ,Man Martin ,Urban Boys,Charly na Nina ariko nabo batangiye kuvugwa muri Uganda Kanya nabwo ari uko nka The Ben na Meddy na Priscillah baba muri Amerika.
Abasesengura umuziki mu karere bibaza ni ryari mu Rwanda umuhanzi azagira Apartments ,ifamu y’inka ,n’ibindi byinshi nkuko ba Chamilion na Bobi Wine babifite?.
Mu Rwanda ni gihugu cyateye imbere cyane ndetse gishobora kuba nka Singapore ariko ko mu muziki abahanzi badatera imbere ku buryo bugaragara?n’abakene se?birashoboka ko ari abakene ndetse bikagira ingaruka ku muziki wabo kubera n’itangazamakuru rikinnye.
Abahanga mu kumenya ibigaragaza iterambere bavuga ko itangazamakuru iyo rikennye n’abahanzi bagakena nta terambere riba riri muri icyo gihugu.
Abahanzi iyo bakoze ibitaramo abantu bakoresha amafaranga akagera kuri buri muntu wese ufite icyo acuruza ,Restora ziracuruza kuko abantu mu bitaramo baba barya banywa ,imodoka ziba zitwara abagenzi,moto ni uko ,imisoro ikaboneka n’ibindi byinshi ariko mu Rwanda igitangaje ni uko n’abategura ibitaramo batajya bamamaza uretse mu bitangazamakuru bya Leta cyangwa ibikorera mukwaha kwa Leta kandi nabyo bihenze bigatuma bimwe mu bitaramo bihomba nk’igihurutse guhomba cyari cyatumiwemo abakinnyi ba filime muri Nigeria babagabo bagufi cyane.
Abahanzi bakeneye kwicarana n’abanyamakuru bakiga uburyo bateza imbere umuziki wabo ndetse n’itngazamakuru abanyamakuru nabo bakiga uburyo itangazamakuru ryatera imbere n’ubwo bigoye.
Gatera Stanley
8,912 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply