Ubutinganyi mu magereza amwe na mwe buteye inkeke nyuma yo kumva ko hari amadini ya shitani asaba gukorera mu Rwanda
— March 24, 2016
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri gereza ya Kimironko aravuga ko nyuma yo kumva ko hari amadini akorera shitani yasabye gukorera mu Rwanda ubutinganyi nka kimwe mu bikorwa bivugwa ko ari ibya shitani bwariyongereye cyane.
Umwe mu badutangarije aya makuru ariko wadusabye kudatangaza amazina ye kubera impamvu ze bwite aho yagize ati “mutubwirere Perezida wa Repubilika ibyo bintu abihagarike burundu kuko muri gereza ubutinganyi burimo kwiyongera bavuga ko ntaho bazongera kubarega ko bakoze ubutinganyi”.
Ubutinganyi n’ikibazo cyakomeje kuvugwa cyane mu magereza y’uRwanda ndetse na SIDA ariko ntibivugweho rumwe n’inzego zishinzwe amagereza aho bamwe bahakana ubutinganyi abandi bakabwemeza ko buhari”.
Amakuru avuga ko mbere iyo bafataga abagabo batinganye muri gereza babambikaga inzogera bakabazengurutsa gereza yose babakubita nk’igihano uretse ko byaje kurangira ubu ari ukubajyana muri kasho ariko iyo bavuyemo barongera bakabikora kuko ingeso ntihita icika kuko bafunze uwabikoze.
Biragoye no guca iki kibazo burundu mu gihe hari abantu baryamana ndetse abandi baba bakinjira muri gereza baba badafite isahani yo kuriraho ,aho kuryama bityo abasaza bamaze imyaka myinshi n’abagabo bagatangira gushukisha abajemo bwa mbere kubacumbikira no kubaha ku biryo by’ikibari bakabona uko babatinga n’injoro.
Muri gereza babyita gufirawona ,iyo bafashe uwatinganye bavuga ko bafashe abagabo bafirawona.
Ariko abatangaza aya makuru bifuza ko abasore baba baje gufungwa igihe gito cyangwa n’abagabo bakuru hakorwa inyigo y’uburyo batajya bivanga n’abamaze imyaka myinshi bafunze kuko babanduza izo ngeso z’ubutinganyi.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza umuvugizi w’urwego rushinzwe infungwa n’abagororwa Sengabo Hillary niba hari ingamba nshya zafatwa mu rwego rwo kurwanya ubutinganyi muri gereza ariko ntibyadukundira.
Muhungu John
3,879 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply