Umuhungu wa Perezida Museveni Brg.Gen.Muhoozi na Perezida Uhuru bifurije Kagame intsinzi
— August 5, 2017
Please enter banners and links.

Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Muhoozi Kainerugaba kuri uyu wa 5 Kanama 2017 abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter ndetse na Perezida wa Kenya Uhuru niba babimburiye abandi gushimira Perezida Kagame kuba yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.
Uyu munsi nibwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje byagateganyo ko Perezida Kagame atsindiye kuyobora indi manda ya 3 y’imyaka 7.



Bishimira intsinzi ya Perezida Kagame

Ibyavuye mu majwi by’ibanze nyuma yo kubarura amajwi angana na 80% y’abatoye bose, bigaragaza ko Paul Kagame afite amajwi 98.66%, umukandida wigenga Mpayimana Philippe akagira 0.72% naho umukandida w’Ishyaka Democratic Green Party, Dr Frank Habineza agira 0.45%.
Muhoozi KainerugabaVerified account @mkainerugaba 5h5 hours ago
Congratulations to my friend @PaulKagame on another resounding electoral victory. Rwanda has come along way since 1994.
3,105 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply