Uruziramire rwananiwe kumira isirabo kubera amahembe yayo
— August 10, 2016Please enter banners and links.
Mu gihugu cya Afurika y’Epfo muri Pariki yitwa Kruge hagaragaye inzoka nini cyane izwi ku izina ry’uruziramire rumira inyamaswa iyo ariyo yose ariko rwamaze kwica akanyamaswa kitwa isirabo kubera amahembe yako ahagama uruziramere runanirwa ku kamira.
Uruziramire n’inyamaswa mbi cyane kuko ruzi kwihisha hafi yinzira rugatega ikinyuzeho cyose rugasimbuka rukagifata .
Rugira imbaraga nyinshi cyane ,iyo rugiye kwica umuntu cyangwa inyamaswa rubanza kukwizingiraho rukakuvunagura rukakurukaho ibicanwe kugirango worohe rukumire cyangwa rumire inyamaswa ruba rwafashe.
Byatangaje cyane abarusanze rwananiwe kumira aka kanyamswa amahembe yahagamye mukanwa ku ruziramire mu gihe ubundi rumira inka ,inzovu ,imbogo n’izindi nyamaswa nini.
Iyo rumize inyamswa nini rushobora kumara ukwezi rutava aho rwayiririye cyangwa n’amezi 3 kubera ruba rwijuse cyane rutava mu mwanya ku buryo n’ibyatsi birumeraho hejuru.
Muhungu John
6,265 total views, 1 views today
Leave a reply