Abakinnyi baseze ku murambo wa Cheick Tiote mu marira menshi
— June 15, 2017
Please enter banners and links.

Abakinnyi batandukanye basezeye ku murambo wa Nyakwigendera Cheick Tiote mu marira menshi nyuma yo kuriza indege umurambo ukajya gushyingurwa muri Ivory Coast.
Umwe mu nshuti za Nyakwigendera witwa Papiss Cisse wagaragaye arira cyane nk’umwana muto ndetse bakaba barakinanye mu ikipe ya Newcastle United ariko ubu Nyakwigendera akaba yakiniraga mu gihugu cy’Ubushinwa.






uhereye iburyo niwe Nyakwigendera Cheick Tiote

Reba amafoto .Uyu mukinnyi yaguye mu kibuga ari mu myitozo kugeza ubu hakaba hataramenyekana icyo yazize n’ubwo havugwa byinshi birimo uburozi ariko abandi bakaba bavuga ko abakinnyi benshi bamaze kugwa mu kibuga bakina.
Umwana wa Nyakwigendera akaba yatumye abantu benshi bongera kurira ubwo yaje ashaka se yambaye umwambaro uriho nimero se yambaraga mu kibuga.
2,782 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply