Abakinnyi ba Liverpool Sturridge na Coutinho barakina umukino ubahuza na West Ham
— February 9, 2016
Please enter banners and links.

Umutoza wa Liverpool fc Klopp yatangarije itangazamakuru ko abakinnyi ba kizigenza barimo rutahizamo Daniel Sturridge na Coutinho bari butangire mu bakinnyi 11 bari bubanze mu kibuga mu mukino uhuza Liverpool na West Ham wa FA.

Umukino ubanza izi kipe zombie zari zanganyije ubusa ku busa kuko muri iki gikombe ikipe iyo zinganyije zisubiramo uwo mukino.
Ikipe ya Liverpool ikaba yarakomeje guhura n’ibibazo byo kuvunikisha abakinnyi kandi bakomeye nka Sturridge akaba yaramaze igihe kirekire ari mu mvune ndetse abandi barimo Coutinho nawe wari uhetse ikipe ya Liverpool ubu bombi na Origi akaba yarakize bose bari bukine uyu mukino.
Umukino uherutse Liverpool yakinnye muri Shampiyona ikaba yaranganyije na Sunderland ibitego 2 kuri 2 ariko Liverpool ikaba ariyo yabanje gutsinda 2 kubusa ku munota wa 85 nibwo Sunderland yabonye igitego cya mbere nyuma y’iminota 5 iba yishyushye ikindi biba 2-2.
Umukino umutoza Klopp atagaragayemo kubera yari yajyanywe mu bitaro kumubaga indwara y’uruhu yari arwaye ariko umukino w’uyumunsi nkuko igitangazamakuru Reuters cyo mu Bwongereza kibitangaza ari bube ahari atoza ikipe ye .
Ikipe ya Liverpool ikaba ishobora gusubira kugora amakipe iyatsinda kuko yari yatangiye neza itsinda ariko ivunikisha abakinnyi benshi cyane bagera kuri 11.
Muhungu John
3,233 total views, 1 views today

AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uganda :Abanyarwanda batangij e ishuri ryigisha Umuco Nyarwanda Indashyikirwa International School
Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply