umu amakuru- Umupfumu w’ikipe ya          DR Congo nawe azahembwa kubera ibyo yakoreye kuri Stade Amahoro | Umusingi

Umupfumu w’ikipe ya    2-204       DR Congo nawe azahembwa kubera ibyo yakoreye kuri Stade Amahoro

Please enter banners and links.

 

 

2-204

 

 

 

Bamwe bamwita umupfumu abandi bakamwita umurozi w’ikipe ya DR Congo yagaragaye cyane ku mukino wahuzaga ikipe y’igihugu y’uRwanda Amavubi ubwo yahuraga n’iya DR Congo ubwo bakinaga muri kimwe cya kane habuze itsinda indi kuko byari igitego kimwe kuri kimwe.

10157348_748441441957833_7754445476665645522_n
Umupfumu wa Congo yabonye u Rwanda rusatira cyane arahaguruka na Camera kuri Stade Amahoro ziba zamwerekanye atumura itabi ako kanya rutahizamu w’uRwanda Sugira aba aravunitse ava mu kibuga kandi ariwe wari wasengereje ikipe ya Congo.

3-178
Bamwe mu bafana b’ikipe ya Congo bakaba bamukesha iki gikombe cya CHAN kubera ko ariwe waroze bigakunda kuko iyo ataroga u Rwanda Congo ntiyari bukomeze muri kimwe cya kabiri ndetse ntiyari bugere ku mukino wanyuma yakinnye na Mali igatsinda Mali 3 ku busa.

12662610_1246578022038014_8452915505110624147_n
Ku rundi ruhande Aba Congomani bari bahuruye ari benshi buzuye Stade Amahoro ku buryo Ambiyanse (ibyishimo)byari byinshi ku buryo n’umukinnnyi wese wari mu kibuga yumvaga afite umufana umuri inyuma akenshi n’ibyo amakipe atsinda akora.

aaaaa-9
Hari bamwe mu Banyarwanda batashakaga ko Congo itsinda Mali kubera ubufana bushingiye ko DR Congo ariyo yatsinze u Rwanda kubera umupfumu wavuzwe haruguru ariko abenshi kubera ukuntu Abacongomani bazi gufana n’ibiraka bahaye u Rwanda bafanaga Congo ko itsinda Mali.

arton18169-3fa3c
Abakongomani baturutse I Goma na za Busi zigera muri 20 zose zuzuye ,izo Busi zari iz’uRwanda (Kigali Coach)icyo n’icyashara cya mbere u Rwanda rwabungukiyeho.

24788680871_4a7c651e23_c
Amahoteli ,Guest House ,Rodges hose wasangaga huzuye kubera Abacongomani bari baje gufana ikipe yabo abandi bagaragaye buzuye indege izanye abafana baje I Kigali gufana ikipe yabo.
Ikipe ya Congo ikaba yatwaye igikombe kuwa 7 Gashyantare 2016 bagihawe na Perezida w’uRwanda Paul Kagame ari kumwe na Perezida wa CHAN

24514438619_a850495aae_c

 

congo

12644980_1155837967760502_1266184883243179411_n

12717971_1246580025371147_2980971705611849538_n

12654575_206336679721309_4152614219592193604_n

POLICE

24882076765_c545d2b5fe_c

Muhungu John

2,697 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.