Umugore yasariye mu bukwe bwe akuramo imyenda
— August 20, 2016
Please enter banners and links.
Umugore yafashwe n’ibisazi umunsi w’ubukwe bwe akuramo imyenda kwa Sebukwe uretse ibyo yanafashe keke (Cake)arayimanyagura ayitera abakwe.
Betty Sserwadda niwe bivugwa ko se ari afite ubumuga bwo kutabona niwe wafashwe n’ibisazi imbere y’imbaga y’abantu akuramo imyenda amanyagura Keke ayitera abakwe bari batashye ubukwe bwe.
Abamuzi bavuze ko asanzwe agira umuzimu umufata bakaba bari bazi ko uwo munsi w’ubukwe bwe wenda utazamufata ariko umuzimu nawo washatse kwishimisha umusanga aho yicaye n’umugabo we mu gisharagati maze ahita ahaguruka atangira kwiyambura abari bahari barumirwa.
Hano umuzimu umuze kumufata
Hano umuzimu utaramufata abyinana n’umugabo we imbere y’ababyeyi babo
Abagore bagenzi be bagerageje kumufata ngo bamwambike ariko akabarusha imbaraga kubera yakoreshwaga n’imbaraga z’umuzimu.
Hari ababibonye batangira kuvuga ko hari abakobwa biba amafaranga y’abagabo cyangwa ibikoresho byo mu nzu maze abagabo bakaborogesha cyane cyane mu bihugu nka Uganda ,Kenya na Tanzania bikunda kubayo cyane.Ibi byabereye mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa gatandatu ubwo uyu mukobwa yari yashyingiwe.
Undi mukobwa nawe wahuye n’ishyano bivugwa ko yakuraga abagabo cyane maze baza kumurogo yaba yicaye mu bantu akumva umugabo arimo kumurongora agataka nk’umugore barongora.
Muhungu John Kampala
579 total views, 1 views today
Leave a reply