Umugore wa Muhire Pastor yamumwibiye mu Rusengero ,Hari abamwemereye inkunga agiye gutangira urusengero rwe
— July 1, 2025
Please enter banners and links.

Muhire aganira na Omusingi TV mu gahinda kenshi yavuze ko umupasiteri w’Inshuti ye yizeraga cyane yamusenyeye urugo amutwarira umugore.
Byamutwaye imyaka myinshi kugirango abyakire kuko nyuma y’icyo gihe ntiyongeye gusenga ahubwo yahise atangira kunywa ibiyobyabwenge bituma impano ye yaguhanura idatera imbere ariko n’ubwo yabaga anywa inzoga ntibyamubuzaga kureba umuntu akamubwira ibyo amubonamo kubera iyo mpano imubamo.
Avuga ko no mu minsi ishize yatwaye umugenzi kuri moto agira iyerekwa amubonamo ararimubwira bituma uwo muntu wari uvuye muri Canada yumva ibyo Muhire amubwiye aribyo ahita amuha Telephone nziza ihenze cyane ndetse amubwizeza kuzamugurira imodoka.
Kubera yumva gukorera Imana ari byiza bityo akaba yumva inzozi yari afite zokubaka urusengero zigiye kugerwaho dore ko hari abantu benshi bamwemereye inkunga kugirango yubake urwo rusengero atangire gukorera Imana .
Hari uwo yavuze witwa Ngoga ufite Guest House ikomeye muri Kampala yitwa S2G ko yamwemereye Miliyoni 20 ndetse n’abandi baba muri Canada bamwemereye kumutera inkunga.
Avuga ko haramutse hari n’abandi bamutera inkunga yabasabira imigisha ,Avuga ko akeneye ibyuma ariko icyo umuntu yaba afite cyose yacyemera.
Reka tubareke mukurikirane ikiganiro cye hano hasi.
992 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Leave a reply