umu amakuru- Irebere amafoto y’umukobwa mwiza uhebeju Fiona Falkiner ariko w’umutinganyi | Umusingi

Irebere amafoto y’umukobwa mwiza uhebeju Fiona Falkiner ariko w’umutinganyi

Please enter banners and links.

Ku munsi mpuzamahanga w’abagore wizihizwa ku itariki ya 8 Werurwe nibwo  abantu batandukanye  bamenye ko Fiona Falkiner arik umutinganyi nyuma yo gusohokana  kuri Coogee Beach i Sydney.

Fiona yari umunyamideli atozwa na Lara ndetse ubu akaba ariwe bakundana cyane ku buryo abantu bavuga ko uyu mutoza we Lara ariwe wamwigishije ingeso mbi z’ubutinganyi.

Ubutinganyi n’ikintu cyumvikana nabi muri Africa kubera umuco ariko mu bazungu babifata nk’ibintu bisanzwe.

Bamwe mu bari kuri Beach aba bakundana bari basohokeyeho kujya kota izuba babonye ubwoza bwe batangazwa no kubona asomana n’umukobwa mugenze we ndetse ubona Lara amwitaho cyane nk’aho Fiona ari umugore we.

Lara yakomeje amufotora amafoto atandukanye amubwira ko ari mwiza byatumye abantu bahurura bakaza kureba abakobwa beza bakundana bahuje igitsina ku buryo byahuruje n’abanyamakuru ba The dailymail bakabafotora.

Fiona Falkiner uhagaze 

Fiona Falkiner iburyo yambaye ikanzu barimo gufungura 

Lara arimo gufotora inshuti ye Fiona Falkiner 

Hano baganiraga uburyo abantu babatangariye

Lara

Abajijwe n’umunyamakuru ku kibazo cyo gukunda n’umukobwa mugenze we yagize ati “Ubu icyo ndeba ndetse nitayeho cyane ni ukubona ikimpa amahoro kikanshimisha ntago nitaye ku byo abantu bavuga cyangwa batekereza”.G

usa Fiona yavuze ko ari ubwa mbere akundanye n’uwo bahuje igitsina kandi yumva nta kibazo bimuteye.

30,227 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.