Irebere amafoto y’umukobwa mwiza uhebeju Fiona Falkiner ariko w’umutinganyi
— March 9, 2018Please enter banners and links.
Ku munsi mpuzamahanga w’abagore wizihizwa ku itariki ya 8 Werurwe nibwo abantu batandukanye bamenye ko Fiona Falkiner arik umutinganyi nyuma yo gusohokana kuri Coogee Beach i Sydney.
Fiona yari umunyamideli atozwa na Lara ndetse ubu akaba ariwe bakundana cyane ku buryo abantu bavuga ko uyu mutoza we Lara ariwe wamwigishije ingeso mbi z’ubutinganyi.
Ubutinganyi n’ikintu cyumvikana nabi muri Africa kubera umuco ariko mu bazungu babifata nk’ibintu bisanzwe.
Bamwe mu bari kuri Beach aba bakundana bari basohokeyeho kujya kota izuba babonye ubwoza bwe batangazwa no kubona asomana n’umukobwa mugenze we ndetse ubona Lara amwitaho cyane nk’aho Fiona ari umugore we.
Lara yakomeje amufotora amafoto atandukanye amubwira ko ari mwiza byatumye abantu bahurura bakaza kureba abakobwa beza bakundana bahuje igitsina ku buryo byahuruje n’abanyamakuru ba The dailymail bakabafotora.
Fiona Falkiner uhagaze
Fiona Falkiner iburyo yambaye ikanzu barimo gufungura
Lara arimo gufotora inshuti ye Fiona Falkiner
Hano baganiraga uburyo abantu babatangariye
Lara
Abajijwe n’umunyamakuru ku kibazo cyo gukunda n’umukobwa mugenze we yagize ati “Ubu icyo ndeba ndetse nitayeho cyane ni ukubona ikimpa amahoro kikanshimisha ntago nitaye ku byo abantu bavuga cyangwa batekereza”.G
usa Fiona yavuze ko ari ubwa mbere akundanye n’uwo bahuje igitsina kandi yumva nta kibazo bimuteye.
31,448 total views, 1 views today
Leave a reply